Umuyobozi mushya wa RBA/Orinfor, aratangaza ko ikigo agiye kuyobora kigiye kurushaho kugirira umumaro abaturage kandi kigatanga ibintu binoze.
Arthur Asiimwe waraye uhawe inshingano na Guverinoma zo kuyobora RBA, kuri uyu wa 25 Mata 2013 yatangarije Izuba Rirashe ko hakiri kare gusezeranya abantu byinshi, ko ariko azafatanya n’abo asanze muri Orinfor/RBA kugira ngo iki kigo gihindure isura. Inkuru irambuye…http://bit.ly/11n1IKK